in

Indirimbo Umwana araryoha ya Rumaga yakoze ababyeyi benshi ku mitima mu buryo budasanzwe

Indirimbo umwana araryoha ya junior rumaga, Riderman na Peace jolis yakoze ababyeyi benshi ku mitima.

Uyu muhanzi Junior Rumaga umaze kumenyerwa mu ndirimbo zigiye zitandukanye zikoze mu buryo bw’ibisigo.

Kuri ubu yakoze indirimbo yise umwana araryoha yafatanyije na Riderman ndetse na Peace jolis.

yakoze ku mitima yababyeyi benshi kubera amagambo yuje urukundo akubiye muri iyi ndirimbo.

Uyu muhanzi umaze gukora indirimbo nyinshi zigakundwa kuri ubu yagarutse mu ishusho nshya ashimagiza umwana n’umubyeyi.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umufana wa Bwiza yamuteye umutoma wo ku rwego rwo hejuru nyuma y’amafoto ye yabonye

Clapton Kibonge yasangije abafana be ibintu bisekeje yakoraga atarashaka umugore