in

Indaya zishaje zifatwa nk’abakeceru zanze kuva mu kazi ngo ziharire abikiri bato batari bakora ibilometero byinshi, none intambara ni yose

Indaya zikuze zifatwa nk’abakeceru muri Kenya, zarahiye ko zidateze kuva mu mujyi kuko ngo niho zishakira imibereho y’abuzukuru babo.

Ikinyamakuru kimwe cyo muri Kenya, cyanditse ko izi ndaya zabakecuru ngo kubera ko zishaje ntamutu waziha amafaranga usibye kuziha inzoga kandi nayo iciriritse twagereranya n’Urwagwa cyangwa ikigage mu Rwanda.

Imwe muri izo ndaya zikuze, yavuze ko imaze imyaka 13 mu Mujyi wa Migori ariko ngo ntabwo bashobora kuva mu Mujyi kuko ngo niho babonera amaramuko y’abuzukuru babo.

Undi ufite imyaka 50 yatangaje ko ubu ameze nk’inkumi kandi ko muri iyo myaka yakuyemo byinshi arinabyo bitunze abuzukuru be, bityo ngo ntabwo ateze kuva mu mujyi niyo byagenda bite.

Iyi ndaya ishaje yacyebuye indaya nshya muri uwo mwuga ngo zibangiriza izina kuko zambura abakiriya babo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukecuru arishyuza Perezida inka yamwemereye ubwo yiyamamazaga mu matora

Nyuma yo kwirukana Yamen Zelfani, abafana ba Rayon Sports mwakirane urugwiro umutoza ugiye gusigara akubita amakipe hano mu Rwanda