in

Indaya zavumbuye uburyo bushya bwo guhangana n’inzara iri hanze aha

Nyuma y’uko Indaya zibonye ko inzira itari nyabagenwa abantu bakennye nta mafaranga bafite yo kubagura, muri Zimbabwe zahisemo ko bazajya bazishyura inyanya,imboga,ibishyimbo,ibigori ndetse n’ibindi bitandukanye.

Nyuma y’uko kandi zibonye ko udukingirizo duhenze, zishakiye inzira kuri ubu zikoresha amashashi avamo umugati aho guhendwa bagura udukingirizo.

Muri Kenya, mu rwego rwo guhangana n’inzara iriho, indaya zaho zatangiye kujya zicucura abakiriya bazo. Iyo uje kuyigura, ikumvisha ukuntu itaguhenda nayo izi uko ibintu bihagaze hanze aha, wayijyana wayigeza mu rugo, ikakwiba ikagisiga iheruheru.

Muri iyi minsi, hirya no hino ku isi hari ikibazo cy’inzara ndetse no kubura amafaranga ibi akaba aribyo bituma habaho kwishakira inzira kuri izi ndaya.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

« Njye n’isi yose dufite umugisha kuba tugufite… » – Amagambo umukobwa ukundana na Yago yamubwiye ku isabukuru ye

Amarangamutima ya Miss Pamella ku mufana wasabye ko we na The Ben batanga agacupa rubanda bakinywera