in

Impanuka iteye agahinda! Nyamasheke inzu yubakishije imbaho y’umukecuru w’imyaka 82 yafashwe n’inkongi y’umuriro aryamye asinziriye

Umukecuru w’imyaka 82 y’amavuko wo mu Murenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke, yarokotse inkongi y’umuriro yafashe inzu yari arimo aryamye asinziriye, atabarwa n’abagenzi babonye ikongoka, bakihutira kujya kumukuramo.

Iyi mpanuka y’inkongi y’umuriro yabaye mu mpera z’icyumweru twaraye dusoje mu Mudugudu wa Ruhinga II mu Kagari ka Kagatuma m Murenge wa Bushenge, ku wa 11 Ugushyingo.

Iyi nzu yari yubakishije imbaho dore ko muri aka gace ari zo bakunda kubakisha, yafashwe n’inkongi ku manywa y’ihangu ahagana saa sita, ubwo uyu mukecuru yari aryamye aruhuka ndetse akavura kari kugwa, ariko ku bw’amahirwe abitambukiraga, babibonye bajya kureba banarokora ubuzima bw’uyu mukecuru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zari inote z’imituku gusa: Miss Muyango umugore wa Kimenyi yagaragaye ari mukabari yizihiwe cyane maze arangije afata akavagari k’amafaranga ayanyanyagiza kuwo bari kumwe -AMASHUSHO

Umukinnyi w’umunyamahanga wa Rayon Sports wari wahamagawe mu ikipe y’igihugu yakuwe mu mwiherero w’abandi kubera urwego ruri hasi nubwo hano mu Rwanda yamaze amakipe ayatsinda agafatwa nk’igitangaza