urukundo
Impamvu zituma umugabo adashobora kureka umugore we wa mbere kubera ihabara.

Umugabo uca inyuma umugore we akenshi ntaba yifuza ko yatandukana n’ umugore we wa mbere n’ ubwo aba amuca inyuma akajya gusambana ku ruhande.
Niba wajyaga wibaza impamvu umugabo wubatse asambana n’ abandi bagore ariko agakomeza kubana n’ umugore wa mbere iyi nkuru iraguha ibisubizo.
1.Akunda umugore we
Impamvu yemera gushyingiranwa n’ umugore wa mbere ni uko aba yaramukunze. Kuba agera aho amuca inyuma bishobora guterwa n’ ibibazo bitandukanye ariko ntabwo bisobanuye ko aba yamwanze niyo mpamvu ihabara cyangwa ibiro bya kabiri bitegereza ko areka umugore wa mbere ngo ashyingiranwe naryo rigaheba. Niba uri umukobwa ukaba ukundana n’ umugabo wubatse wizeye ko azareka umugore we mugashyingiranwa urata igihe cyawe kuko ntibikunze kubaho.
2.Abana be
N’ ubwo ingeso imunanira agaca inyuma umugore we wa mbere aba akunda abana be ku buryo atakwemera gutandukana na nyina w’ abana be ngo babeho batari kumwe.
3.Kumva uburyohe bw’ ahandi
Ntabwo umugabo aca inyuma umugore we kuko ashaka gutandukana nawe ahubwo akenshi abikora kugira ngo yumve uko abandi bagore bamera. Ntabwo aba ashaka gukundana n’ uwo mugore wa kabiri.
4.Amahitamo ya kabiri
Umugabo aba asanzwe afite umugore we umuha akabariro hafi yari buri uko abishatse ariko hari ubwo ashaka undi ku ruhande wo kwitabaza igihe umugore wa mbere amugoye akanga ko batera akabariro. Ibi rero ntabwo byatuma areka umugore we wa mbere kuko aba abakeneye bombi. Niyo mpamvu abeshya umugore wa kabiri ko amukunda ariko ntiyemere gusesa amasezerano afitanye n’ uwa mbere.
-
Imyidagaduro15 hours ago
Fiancée wa Meddy yerekanye ikintu gikomeye atandukaniyeho n’abakobwa benshi b’iki gihe
-
Imyidagaduro10 hours ago
The Ben ararye ari menge bitihise Pamella baramumutwara
-
imikino17 hours ago
Yannick Mukunzi yagereranyijwe n’ibihangange Cristiano Ronaldo, Messi ndetse na Neymar
-
Inkuru rusange17 hours ago
Inkweto umwuzukuru wa Joe Biden yambaye sekuru arahira zikomeje guca ibintu hirya no hino ku Isi.
-
imikino18 hours ago
Ikipe ya Rayon Sports yisanze ku rutonde w’amakipe 50 meza cyane muri Afurika.
-
Imyidagaduro24 hours ago
Cyore: Clarisse Karasira ntacyambara impeta yambitswe na fiancé we
-
Ubuzima11 hours ago
Wari uziko abantu bashobora kumatana barimo gutera akabariro?Menya icyo abahanga babivugaho.
-
Imyidagaduro17 hours ago
Nyuma yo kuba umufana ukomeye wa Riderman, Miss Mutesi Jolly yamusabye ikintu gikomeye.