in

Impamvu buri mugabo akwiye gushaka umukobwa waciye imyeyo

Guca imyeyo ni umuco wahoze kuva cyera mu Rwanda ,kugeza nubwo umukobwa warongorwaga ataraciye imyeyo yasendwaga ku mugaragaro n’umugabo we.

Ibyo byose byabaga bifite impamvu,ni nayo mpamvu umugabo wese ukurikije ibyiza byo guca imyeyo aba agomba gushaka umukobwa wakoze iki gikorwa, dore impamvu ukwiye gushaka umukobwa waciye imyeyo:

  • Umugore agira ubushake vuba.
  • Mu buriri arakuryohereza
  • Amavangingo yisuka utayahatirije
  • Ntago bikugora gutegura umugore
  • Umugabo arishima uko byagenda kose

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese icyo kibuno iyo ucyambara neza? Ihere ijisho ifoto ya Miss Albina Kirenga wahawe inkwenene kubera ko yambaye ikibuno maze kiva mu mwanya wacyo

Videwo:Nadia wo muri City Maid nta mpuhwe agira pe ahaye ukuri kwambaye ubusa abakobwa bisumbukuruza kandi ari abakene nyakujya