in

Imodoka yari itwaye abageni yari irinzwe n’abasore b’inkorokoro! Andi mafoto yo mu bukwe bwa Salongo bukomeje kugarukwaho muri Kigali kubera ukuntu bwari buhenze kandi hakajijwe umutekano (AMAFOTO)

Rurangirwa Wilson benshi uzwi nka Salongo wamamaye ku mbuga nkoranyambaga, yasezeranye n’umugore we mu birori byabereye muri Salle Polyvalente ya Paroisse Saint Pierre Cyahafi.

Ni ubukwe bwatunguye benshi batiyumvishaga uko umugabo uvuga ko ari umupfumu agiye gusezerana imbere y’Imana asize imigenzo ye akoresha mu bupfumu.

Ni ubukwe bubaye nyuma y’umuhango wo gusaba no gukwa wabaye tariki 2 Nzeri 2023 asaba umugore we Muzirankoni Joseline bamaranye imyaka isaga 11 babana ndetse bafitanye abana babiri.

Muri ubu bukwe bwa Salongo hagaragaye ibyamamare batandukanye barimo Eric Senderi waririmbiye abageni, Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka “Ndimbati” muri Sinema Nyarwanda, Pasiteri Niyonzima Claude, n’abandi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Undi mukinnyi wafashije ikipe ya Rayon Sports umwaka ushize akajya atsinda ibitego byananiranye byamaze kwemezwa ko aratandukana n’iyi kipe

Abakunzi bayo birabareba! Byamenyekanye ko gukunda kwifotoza amafoto ya Serifi (Selfie) ari indwara ikomeye yo mu mutwe