in

Imbamutima za Anita Pendo nyuma yo kwegukana igihembo muri Ghana

Umunyamakuru wa RBA Anita Pendo yegukanye igihembo mu bihembo bya ’Ladies Media Awards 2023’ byatangiwe muri Ghana, yageze mu Rwanda mu ijoro ryakeye.

Ibi bihembo byatanzwe ku wa Gatandatu tariki ya 30 Werruwe 2024 muri Ghana.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Anita Pendo yavuze ko yatunguwe no kwegukana iki gihembo.

Ati “ntabwo nari niteguye iki gihembo ntababeshye ariko Imana yari izi igihe cya nyacyo. Ndashima ubuntu, impuhwe n’urukundo rw’Imana. iri ni itangiriro.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu Usengimana Danny yabonye ikipe nshya hanze y’u Rwanda

Umunyarwandakazi Dj Alisha yabaye umugani nyuma yo kwambara ubusa imbere y’abafana -Amafoto