in

Ikamyo yaturikanye abantu benshi bashakaga kuvoma lisansi

Iyi mpanuka yabaye mu gitondo cyo ku itariki 15 Nzeri 2022 mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.

Abantu umunani bakaba bahise bitaba Imana abandi 20 barakomereka cyane.

Iyi kamyo ikaba yibirinduye lisansi itangira kumeneka, abaturage bahurura bajya kuyivoma ari na bwo yabaturikanye igashya bamwe bagahitanwa n’iyo nkongi.

Abatwitswe n’umuriro bajyanywe kuvurirwa mu bitaro bitandukanye birimo iby’i Kinshasa muri DRC.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Axel Rugangura yavuze ku mubano we n’inkumi yo muri diaspora byavuzwe ko bakundana

Abafana ba Christopher bamusabye kujya ahora yisekera nyuma y’ifoto ye babonye