in

Igitangaza k’Imana! Umugore yabyaye impanga z’abana 5 nyuma y’imyaka 8 yarabuze urubyaro gusa umugabo we akibimenya, yahise akora igikorwa cya mbere cy’ububwa

Umunyarwanda yabivuze neza ngo ‘Imana isubiriza igihe’ ibi nibyo byabaye kuri uyu mugore ukomoka mu gihugu cya Nigeria, aho yibarutse abana batanu b’impanga nyuma y’imyaka 8 yarabuze urubyaro

Chidimma Amaechi yabyariye abo bana mu bitaro bya Awka, muri leta ya Anambra, aho abagize umuryango we n’inshuti ze bishimiye iyi nkuru gusa umugabo we acyibyumva, yahise akizwa n’amaguru.

Uyu mugore yabyaye abahungu batatu n’abakobwa babiri.

Amakuru avuga ko umugabo w’uyu mugore acyumva ko bazabyara abana batanu, yahise ahunga aburirwa irengero kugeza na nubu.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Bwiza ugezweho muri iyi minsi yavuze ko muri uyu mwaka azibaruka imfura ye muri muzika

APR FC ikomeje kwishimira kuba iri ku mwanya wa mbere irarye iri mpenge ntabwo biraza kuyorohera muri iyi minsi