in

Ifoto: Umusore yaguwe gitumo atera akabariro n’umukunzi we isoni ziramwica

Umusore yishwe n’ikimwaro nyuma y’uko yari ari kumwe n’umukunzi we mu buriri bagiye gutera akabariro hanyuma bamugwa gitumo.

Ubundi ntibisanzwe ko umusore ukiba iwabo akunze kuhazana inkumi bakaba banagera aho baryamana kuko haba hatari umutekano uhagije ku buryo bakora ibyo bakora  nta rwikekwe.

Umusore wari uri muri mood yo gutera akabariro n’umukunzi we, yaguwe gitumo isoni ziramwica kuko yatangiye asoma umukunzi we ariko anamukorakora naho hari umuvandimwe we urimo arimo afata amajwi ahagaze inyuma y’urugi hanyuma bagiye kujya mu gikorwa, ahita afungura urugi.

Nubwo ibyo umusore yari agiye gukorera iwabo bitashimwe, abantu bagaye cyane uyu muvandimwe kubera ibyo yakoreye umuvandimwe we mu gihe yari agiye kuryoherwa n’urukundo rwabo.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abasifuzi bazasifura umupira w’Amavubi na Senegal bagiye hanze.

Stade ya Huye yavuguruwe n’akayabo k’amadorari biyongerera ububasha buhambaye.