in

Ibyo umugore akoreye umugabo we kuri Radio bitumye benshi bafata gahunda ya nta gikwe (Amafoto)

Aba bashakanye bari batumiwe mu kiganiro kivuga ku bibazo byabo mu rugo no kubishakira igisubizo, ariko ibintu byahindutse cyane ubwo umugore yarakazwaga nibyo umugabo we yamuvuzeho niko kumukubita urushyi.

Uyu mugabo uzwi ku izina rya Kofi, yabwiye abanyamakuru bari babatumiye ko uyu mugore we amaze hafi imyaka ibiri atamushimisha kubera ko agira umwanda ndetse ko afite akamenyero ko kurekera inkari n’umwanda mu cyumba bararamo.

Amashusho yafatiwe muri iki kiganiro abigaragaza,uyu mugore yarakajwe nibyo umugabo we yamushinje,ahita ahaguruka amukubita urushyi ndetse aramutuka karahava.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
MUNYEMANA Ferdinand
MUNYEMANA Ferdinand
2 years ago

Ahubwo uwo mugabo akwiye guhanwa.ubwo se ni mu Rwanda byabereye?uwo mugore yahohotewe cyane bikaze.abagabo bameze batyo bajye babitaho.

Sobanukirwa : Byinshi ku ndwara yo kugira ubwoba bwo kuvugira mu ruhame

Butera Knowless hari inama yagiriye abamukurikirana y’ingenzi !