in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Ibyo Meddy n’umugore we bakoze mu bukwe ubwo bumvaga ko capati zitarashira

Umuhanzi Meddy kuri ubu ubarizwa muri leta zunze ubumwe za Amerika ari naho akorera ibikorwa bye bya muzika, abinyujije kuri story ye ya instagram yashyize hanze ifoto isobanura uko we n’umugore we, Mimi bakoze ubwo bumvaga ko capati zitarashira.

Nkuko ifoto Meddy yashyize hanze ibigaragaza, Meddy n’umugore we, Mimi bari basabwe n’ibyishimo bigaragara mu maso yabo ndetse Mimi we yararimo guseka. Iyi foto yafatiwe mu bukwe bwa Miss Grace Bahati na Pacifique Murekezi buherutse kuba mu minsi ishize.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amabwiriza ajyanye n’ifungurwa ry’utubari

Miss Vanessa na Miss Jolly batangariye imiterere ya Miss Keza Joannah