in

Ibyo guhangana mu magambo bivuyeho ubu byageze mu nkiko: abaherwe 2 Elon Musk na Mark Zuckerberg batangiye intambara yeruye 

Ibyo guhangana mu magambo bivuyeho ubu byageze mu nkiko: abaherwe 2 Elon Musk na Mark Zuckerberg batangiye intambara yeruye

Elon Musk akaba na nyiri rubuga rwa Twitter, agiye kujyana mu nkiko Mark Zuckerberg na we usanzwe afite imbuga nkoranyambaga za Facebook na Instagram, amushinja kumwinjirira mu mabanga no kwica amategeko agenga umutungo mu by’ubwenge.

Ibi byatangijwe ubwo Mark Zuckerberg yatangizaga urubuga rushya rwitwa ‘Threads’ akavuga ko uru rubuga ruje gutsikamira Twitter y’umuherwe Elon Musk.

Gusa ikibazo nyamukuru Elon Musk afite ni icyuko nyiri Meta mark Zuckerberg yakoreshejw abakozi bahoze bakorera Twitter kandi bagifite amwe mu mabanga y’urubuga rwa twitter.

Bivugwa ko mu gukora uru rubuga nkoranyambaga rwa ‘Threads’ hifashishijwe amabanga ya Twitter binyuze muri aba bakozi bayo yirukanye.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubushyuhe buzatwivugana: Mu minsi itatu ishize ubushye bwari bwivuganye abatuye Isi

Arajyayo noneho atarwiyambitse! Bruce Melodie wafungiwe mu Burundi agiye kongera gusubirayo n’ingamba zikakaye