in

“Ibyo abantu bavuga ni ubusutwa” Fridaus yavuze ukuntu yari akumbuye Ndimbati

Fridaus wabyaranye na Ndimbati impanga ndetse akaba ariwe wari watumye afungwa kubwo kuba barabyaranye uyu mukobwa atari yuzuza imyaka y’ubukure, yavuze ko yiteguye neza kwakira Ndimbati uherutse gufungurwa.

Mu magambo ye yavuze ko kuba Ndimbati afunguwe ari amahirwe kuri we kuko yizeye neza ko azamufasha bakarera umwana babyaranye ndetse akamufasha kubaha uburere bwiza bitandukanye n’uko yari kuzabyishoboza wenyine.

Fridaus Kandi yavuze ko kuba Ndimbati yarakiriwe muri buriya buryo budasobanuye urukundo kuko abenshi mu bamwakiriye babaga bishakira amakuru n’aho baza gukura amagambo.

Fridaus Kandi yakomoje ku kuba azareka Ndimbati akishyira akizana mu burenganzira bwe agategereza Igihe azaterera intambwe agana kwa Fridaus kugira ngo mu bushobozi bwabo barebe uko barera aba bana 2 b’impanga babyaranye.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto: Abarenga 174 baguye ku kibuga ubwo bari bagiye gufana amakipe mukunda

Umutoza wa Marine FC yatangaje abakinnyi batatu ba Rayon Sports bafite ubushobozi bukomeye