in

Ibyari ibyishimo bigiye kuzamo amarira mu rugo rwa Davido n’umugore we Chioma 

Anita Brown, umunyamiderikazi ukomoka muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yashinje umuhanzi Davido ko ajya aca umugore we inyuma cyane cyane mu minsi amara muri Leta zunze ubumwe za Amerika.

Mu magambo yanyujije kuri Instagram ye, uyu mugore wigeze kuvuga ko akundana na Davido, yavuze ko uyu mugabo ahora aca umugore we inyuma ku bagore bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, iyo ari muri icyo gihugu.

Ni amagambo atavuzweho rumwe, aho abenshi bahamya ko uyu mugore yaba yubuye ibyo kugenda kuri Davido, dore ko mu minsi ishize yigeze kumushinja ko yamuteye inda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Messi yatabaye umukecuru w’imyaka 90 wari ugiye kwicwa n’abarwanyi ba Hamas

Pamella Uwicyeza n’inshuti ze bahahiye, batekera ndetse banagaburira abana bo ku muhanda -AMASHUSHO