in

Ibyabaye ubwo Nyaxo n’abo bakinana bageraga muri Congo birarenze (video)

Umunyarwenya Nyaxo yeretse abafana be bamukurikira kuri instagram uko byari bimeze ubwo yageraga mu gihugu cya Congo.

Umunyarwenya Nyaxo yari yaherekejwe na mugenzi we, Ramy Boy, ndetse na Inkindi Nadine Aisha bakinana bose muri filime Nyaxo Comedy.

Nkuko amashusho abigaragaza, Nyaxo n’abo bari bajyanye bakiranywe urugwiro ndetse n’ibyishimo byo ku rwego rwo hejuru kuberako aho bajyaga hose bagendaga baririmbwa ndetse banerekwa urugwiro n’abari bahari bose.

Dore uko byagenze:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo Bruce Melodie yakoreye mu gihugu cy’Ubudage ntabwo bizibagirana (video)

Gusaza ni mu mutwe: umunyamideli w’imyaka 67 akomeje guca ibintu agaragara nk’inkumi (AMAFOTO)