in

Ibyabaye ubwo abari muri BK Arena babonaga Producer Eleeeh agiye ku rubyiniro (video)

Ku mugoroba wo ku munsi w’ejo tariki ya 24 Nzeri 2022, Producer Element uzwi cyane ku izina rya Eleeeh yatunguye abari bitabiriye igitaramo cyabereye muri BK Arena maze aza ku rubyiniro bwa mbere maze abaririmbira indirimbo ye yise “Kashe”.

Nkuko videwo zagiye zicicikana ku mbuga nkoranyambaga zibigaragaza, abantu bari muri iki gitaramo bashimishijwe cyane no kubona Eleeeh dore ko ari nabwo bwa mbere bari bamubonye amaso ku maso imbona nkubone aririmba ari imbere yabo.

Dore uko byari bimeze mu mashusho:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto yaranze umuhango wo gusaba no gukwa w’umukobwa wegukanye ikamba muri Miss Rwanda

Hakomeje gushya: Umuhanzi Christopher yongeye gutwika imbuga nkoranyambaga