in

NDASETSENDASETSE

Ibyabaye ku mugore washinjaga Chris Brown kumukubita agapfuka imisatsi.

Umugore washinjaga Umuhanzi Chris Brown ko yamukubise urushyi agapfuka imisatsi byarangiye abuze ibimenyetso bishinja uyu muhanzi.

Kuya 18 Kamena 2021, ni bwo humvikanye ko Chris Brown yahohoteye umugore wari mu rugo rw’uyu muhanzi i Los Angeles aho yari ari kumwe n’itsinda ry’abandi bantu bari, icyo gihe havuka intonganya nk’uko byatangajwe mu bitangazamakuru bitandukanye.

Ubu amakuru avuga ko Chris Brown atazakurikiranywaho icyaha cyo gukubita uyu mugore. Umuvugizi w’ibiro by’urukiko, Rob Wilcox, yemeza ko ubushinjacyaha bw’Umujyi wa Los Angeles bwanze urubanza rw’umugore wareze Chris Brown kumukubita urushyi rukamupfura umusatsi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mashami Vincent bamusabye kwegura akareka gutoza Amavubi| Dore ibyo yabasubije

Umukinnyi ukomeye w’Amavubi yabengutswe umukobwa wegukanye ikamba muri Miss Rwanda