in ,

Ibitangaza bibaye muri ruhago, Liverpool itsinze Manchester United umukinnyi ashaka kurwana

Liverpool itsinze Manchester United ibitego 7 ku busa. Gakpo, Muhmed Sarah, Darwin Nunez nibo bakinnyi ba Liverpool bagaragaye batsinda ibitego 2 kuri buri umwe, ikindi cyatsinzwe na Fermino aho yagitsinze mu minota ya nyumama

Ubusanzwe Liverpool yari imaze iminsi idatanga umusaruro mu kibuga bitewe na bamwe mu bakinnyi bamaze iminsi bari mu kiruhuko cy’imvune.

Muri uyu mukino wakinwe uyu munsi hagaragayemo ibintu bidasanzwe aho abafana benshi bari biteze ko Manchester United iributsinde bikomeye Liverpool bitewe kandi n’uko yari imaze iminsi igaragara mu kibuga.

Umutoza wa Manchester United byagezaho biramurenga atangira gusimbuza mu gice cya 2 cy’umukino, ariko biranga babatsinze bikomeye, aho umukinnyi Fernandez yagaragaje amahane menshi mu kibuga gusa kuri we n’ibisanzwe kwitwara nabi mu kibuga.

Igitego cya 7 cyamaze kwinjira bamwe mu bafana ba Manchester United batangira kuza mu kibuga kurwana bamukura mu kibuga.

Ibi rero ntibyari biherutse kuba ikipe yatsindwa ibitego 7 byose kuri 0, bikaba bigaragaye ko Liverpool yagarukanye imbaraga zidasanzwe mu kibuga.

Igitego cya 7 cyamaze kwinjira bamwe mu bafana ba Manchester United batangira kuza mu kibuga kurwana bamukura mu kibuga

Ibi rero ntibyari biherutse kuba ekipe yatsindwa ibitego 7 byose kuri 0, bikaba bigaragaye ko Liverpool yagarukanye imbaraga zidasanzwe mu kibuga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo n’impanga! Ifoto y’umunyarwandakazi usa neza nka Rashford iri guhererekanwa ku mbuga nkoranyambaga

Byabaye ngombwa ko Clapton Kibonge yiyambaza Selumu nyuma y’uko ikipe ye yihebeye Manchester United isebye (Videwo)