in

Ibintu 6 umukobwa cyangwa umugore akora iyo akwiyumvamo

Ibintu 6 umukobwa cyangwa umugore akora iyo akwiyumvamo.

Abagore n’abakobwa ni abantu bagira urukundo rukomeye cyane ndetse ruhabanye cyane n’urwo abagabo bagira.

Dore bimwe mu bintu umukobwa cyangwa umugore akora iyo akwiyumvamo.

1.Akunda ku gusura ndetse akaba inshuti n’abantu biwanyu nka bashiki bawe n’abandi.

2. Akunda kuguhamagara kabone niyo mwaba mudakundana: akenshi biragoye kubona umukobwa ahamagara umusore ariko iyo akwiyumvamo abikora kenshi.

3. Ahora ashaka kuba ari ahantu nawe uri: urugero nk’iyo muhuriye mu gikorwa runaka kibasaba kujya muri gurupe aba yumva mwajya muri gurupe imwe.

4. Iyo ugize akabazo niwe uba uwambere mu kuza kukubaza icyo wabaye ndetse no kuguhumuriza.

5. Aba yumva ako abonye kose mwagasangira, hari nubwo yaka amafaranga abandi basore akaza mukayasangira.

6. Aba yumva ari wowe yabwira buri kantu ke kose, abamutereta, abamuha amafaranga, abo yakatiye n’ibindi byinshi.

 

Written by Olivier

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje: Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift arashinjwa umwanda

Azaba ari i Burayi! Ukuntu sitade amahoro izaba imeze nimara kuzura byatumye n’abadakunda umupira bifuza kuzayinjiramo (AMAFOTO)