in

Ibi byenda bishobora kugura iyo nzu wicayemo! Imyenda ishaje y’abagabo iri kugura miliyoni zirenga 2, yatangaje benshi – AMAFOTO

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gusakara amafoto y’amapantaro y’abagabo ashaje ari kugurishwa amafaranga arenge miliyoni 2.

Uruganda rwa Balenciaga, rwatunguye abantu benshi ubwo basohoraga imyenda imyenda y’abagabo yashaje akayashyira ku mafaranga ibihumbi bibiri by’amadorari.

Aya mapantaro azwi ku mazina ya ‘Men’s destroyed baggy jeans’ aho ari kugura $2,450 arenga 2,500,000 by’amafaranga y’u Rwanda.

Iyi myenda ikomeje gutangaza abatari bake kubera ukuntu ihenze cyane kandi ikaba inashaje.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yagarutse, Butera Knowless yasohoye indirimbo nshya yakoranye n’umuhanzi ukomeye ku isi watwaye Grammy Award 2022

Kayonza; Umugabo w’imyaka 38 yatawe muri yombi akekwaho gusambaya umwana w’uruhinja