in

I Kigali, umugabo ari gushimirwa nyuma yo gucyiranura abashoferi bari bimanye inzira bigateza akavuyo mu muhanda [videwo]

I Kigali, umugabo ari gushimirwa nyuma yo gucyiranura abashoferi bari bimanye inzira bigateza akavuyo mu muhanda.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, umuvundo w’imodoka mu ihuriro ry’imihanda ijya mu Rugunga cyahoshejwe n’umukorera bushake.

Uwitwa Richard Kwizera wafashe amashusho y’uwo mukorera bushake, yasabye ababishinzwe kongera abapolisi mu muhanda.

Yagize ati: “Ababishinzwe, mwongere umubare wa traffic officers mu mihanda especially in the morning hours, kuko jam ni dange! Urugero nko muri roundabout yo ku mazi ujya mu Rugunga. Uyu muturage yahisemo gutanga umusada nyuma yo kubona ko abashoferi bose bimanye inzira. Ubundi twari kuhahera. ”

[videwo]

 

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byari amarira n’agahinda ku muryango n’abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda ubwo basezeraga bwa nyuma kuri mugezi wabo uherutse kwitaba Imana (AMAFOTO)

The Ben yashyizwe ku gitutu none yafashe umwanzuro wa kigabo areka ibyo kurira