in

I Kigali hateguwe igitaramo gikomeye kizahuriramo abahanzi bagezweho

Ku munsi w’ejo nibwo hagiye amakuru y’igitaramo gikomeye kigiye kubera muri Bk arena aho hatumiwemo abahanzi bakunze mu Rwanda ndetse no muri Africa.

Ni igitaramo bise ‘Choplife Kigali’ kizaba ku wa 25 Kamena 2022, kikazayoborwa na DJ Neptune uri mu bafite izina rikomeye muri Nigeria

Ni gitaramo kandi kizaba kirimo abahanzi bakomeye muri Africa nka :Tekno, Nasty C, Fave na Khaligraph Jones. Aba bagiye guhurira mu gitaramo n’abarimo Bruce Melodie, Bushali, Kenny Sol, Ariel Wayz, Afrique na Okkama.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda: umugabo n’umugore barimo gusaza imburagihe bakomeje kubabaza abantu(Video)

« Uri urumuri rumurikira buri munsi, ngukunda buri munsi… » – Umunyamakuru Benjamin Gicumbi yifurije isabukuru nziza umufasha we