in ,

“Humura turagushyigikiye nushake uzabivuge mu Kinyarwanda”: Alliah Cool nyuma yo gusebera muri BK Arena akomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ikintu ari gukora kizatuma ab’Isi batongera kumubona imbona mu menyo

“Humura turagushyigikiye nushake uzabivuge mu Kinyarwanda”: Alliah Cool nyuma yo gusebera muri BK Arena akomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ikintu ari gukora kizatuma ab’Isi batongera kumubona imbona mu menyo.

Umuherwekazi Isimbi Alliance uzwi cyane ku mazina ya Alliah Cool uhagarariye itsinda rya Kigali Bossi Babies akomeje kuvugisha benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yaho uyu mubyeyi atangaje ko ari gusubiramo cyane amagambo azavugira muruhame mu itangwa ry’ibihembo bya “Great Achievers Award 2023” bizatangirwa muri Nigeria.

Alliah Cool yabitangaje nyuma yaho asebeye muri BK Arena mu itangwa ry’ibihembo bya Trace Awards 2023 akaza kwisobanura avuga ko nta hantu yigeze yiga ururimi rw’Icyongereza.

Ibyo Alliah Cool yatangaje:

Bimwe mu byo abantu bagiye bamubwira nyuma yo kubona aya magambo:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntukishyurire ishuri umukobwa” ;Ibintu 5 umugabo cyangwa umusore atagomba gukorera umuntu w’igitsina gore

“Erega ibyo bintu nanjye nabyumvanye manaja w’ibihe byose”: Bruce Melodie mbere yo kujya muri Amerika ku nshuro ye ya mbere yashyize akadomo kubyo guhangana na The Ben avuga umuntu wari ubyihishe inyuma