in

Havumbuwe urusengero rugura abana batari bavuka

Muri iyu minsi ibintu by’abapasiteri ndetse n’abakirisitu n’ibindi bindi ndetse n’abapasiteri buri munsi barakora ibitangaza ndetse n’ibyo umuntu yavuga ko ari amabara.

Bishop Daniel Obinim ukomoka mu gihugu cya Ghana yemeje ko mu rusengero rwe hari inshuti ye ijya igura urusoro rw’abagore kugira ngo ajye kubakoramo abana.

Abagore bakimara kubyumva muri Ghana bahise bihutira kujya kugurisha amagi avamo abana muri urwo rusengero kuko igi rimwe babishyura akayabo k’amafaranga akabakura mu bukene.

Mu kiganiro Bishop Daniel Obinim yatanze, yavuze ko ibyo ari nta cyaha kirimo kuko atari gukora ibibi ahubwo uwo muganga akoramo abana.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video: Cristiano Ronaldo yasekeje abantu kubera imbyino ye

Umuhanzikazi Butera Knowless yamereye impano umufana we wari umusabye ikintu gisekeje(Video)