in

Hatanzwe impuruza ku byago bizaterwa n’ukwezi kuzahinduka umutuku muri iki cyumweru

Muri iki gitondo nibwo hagiye hanze amakuru yateye ubwoba abantu bensi batuye isi, ayo makuru yavugaga ko ukwezi gushobora kuzahinduka umutuku mu kirere, mu gihe kwasaga nk’umweru.

Aya makuru yatangajwe n’ikigo gishinzwe ibyerekeranye n’isanzure muri reta Zunze ubumwe za Amerika, NASA.

Iki kigo cyatangajeko abantu bagomba kwirinda ahantu hegereye inyubako, ndetse kuko bishobora kuzateza ibyago byinshi ndetse bikaba byanageza ku rupfu.

Icyi kigo cya NASA cyatangajeko, ukwezi gushobora kuzasa nk’umutuku muri iki cyumweru hagati, guhera ku wa gatatu aho ku bice bya Amerika, biteganijwe ko ibi bihe bishobora kuzarangira mu mpera z’umunsi wa Kane.

Mu bihugu by’Uburayi, niho biteganijweko uku kwezi gusa nk’umutuku gushobora kuzamara igihe kirekire ugereranyije n’ibindi bice by’isi, nka Afuruka na Aziya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Rayvanny asezeye muri wasafi

Hahiye : Umuhanzi Joeboy uri mu bakomeye ku isi agiye gutitiza inkuta za Arena