in

Ifoto y’umugiraneza wafunguje Bruce Melody ndetse atuma asubizwa amafaranga yatanze

Mu minsi yashize nibwo Bruce Melody yacunagujwe mu Burundi bamufunga bamufungura ndetse bituma bamwe mu banyarwanda bijujutira abarundi Kandi n’abarundi bijujutira Police yabo.

Bruce Melody yatanze miliyoni 42 Z’amarundi ariko nyuma yaje kuyasubizwa bitewe n’uko uwamufashije mu ifungurwa rye yavuze ko ari nta tegeko rihana Bruce Melody.

Umushinjacyaha witwa Jean Chris Ntawuyamara niwe wahanganye na Polisi y’u Burundi yari yarahiriye kwitendeka kuri Bruce Melodie kugira ngo adakora ibitaramo aho yashinjwaga kwambura umuherwe wo muri iki gihugu.

Dore ifoto y’uwadunguje Bruce Melody;

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa ugiye kurongorwa yihimuye kuri papa we wamutaye akiri muto

Inkuru y’inshamugongo ku ikipe ya Espoire ihuye n’ibyago