in

Hamenyekanye aho abapasiteri b’iyi minsi barimo gukura imbaraga n’amavuta zo kubwiriza

Nkuko bible ibihamya, ni uko mu minsi ya nyuma abantu bazayibwirwa no kubona abapasiteri benshi b’ibinyoma kandi babwiriza abantu bagafashwa ndetse bagakora n’ibitangaza ariko atari kubwimbaraga z’Imana.

Abapasiteri ndetse n’abahanuzi bo muri Nigeria, ibyabo byabarangiranye kubwo abantu bamenye aho bakura imbaraga zituma babwiriza bakanakora ibitangaza mu gihe abantu bizeraga ko ari Imana data yo mu ijuru.

Umugore ukiri muto ukomoka ahitwa Imo, yavuze ko abakozi b’Imana benshi ariwe ubahereza imbaraga zituma bakora biriya bitangaza tubona kandi twumva bakamusanga ku mugezi nijoro ntawe ureba undi.

Uyu mugore yavuze ko ziriya mbaraga atanga ku bakozi b’Imana yazikuye Marine kingdom ndetse kandi ko uwo ahaye imbaraga agomba guhita amwishyura cyangwa se bakumvikana igihe cyo kwishyura.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mabi kuri Diamond na Zuchu bari bamaze iminsi batwika

Amakuru meza yihutirwa areba abakunzi ba filime bakunze Money Heist