in

Hamenyekane ibyaha bitatu Prince Kid akurikiranyweho

Nyuma y’aho Prince Kid watawe muri yombi akekwaho ibyaha birimo guhohotera abakobwa bitabiriye irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda, kuri ubu urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubushinjacyaha RIB rwohereje mu bushinjacyaha dosiye ya Ishimwe Dieudonné uyobora ikigo gitegura irushanwa rya Miss Rwanda.

Umuvugizi wa RIB Dr. Murangira Thierry yemereye RBA ko iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko akekwah ibyaha 3: Gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, gusaba cyangwa gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina no guhoza undi ku nkeke bifitanye isano n’imibonano mpuzabitsina.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: APR FC yakoze impanuka ikomeye (Amafoto)

Umuhanzi Rugamba Yverry yasezeranye na fiancée we (Amafoto)