in

Hagize umuntu uhegera yahita asinda: Mu Rwanda hari gutwikwa urumogi rwinshi cyane rungana na toni 1,4 -VIDEO

Hagize umuntu uhegera yahita asinda: Mu Rwanda hari gutwikwa urumogi rwinshi cyane rungana na toni 1,4.

Muri aka kanya mu Karere ka Rusizi hari gutwikwa urumogi rungana na toni 1,4 rwagiye rufatirwa mu bice bitandukanye bigeze aka Karere.

Polisi y’u Rwanda yagiriye inama abamotari bari mubafashwe cyane batwaye urumogi ibakangurira kugira amakenga y’abantu babishyura amafaranga menshi mu buryo budasobanutse.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: Mu mujyi wa Kigali hatawe muri yombi umugabo ukurikiranyweho ibyaha Leta y’u Rwanda izira urunuka

Umunyamabanga mukuru wa Federasiyo imwe mu Rwanda yatawe muri yombi mu gihe Perezida we na we ari gukurikiranwa