Mu gihugu cya Tanzania Leta iri gushaka uburyo buri muturage wese azajya ahabwa telefone ya smart phone yo gukoresha atishyuriye rimwe amafaranga yose cg ntanayo atanze ,ahubwo akazagenda yishyura mu byiciro bitewe n’amafaranga uko agenda ayabona.
Ibi ni ibyagarutsweho na Minisitiri w’Ikoranabuhanga n’Itumanaho mu gihugu cya Tanzania ,Bwana Nape Nnauye ,nkuko byemejwe n’ibinyamakuru byo muri Tanzania bitandukanye ,aha bavuga ko yaba ari umwanzuro mwiza Leta yaba ifashe.
Bikaba bivuze ko ntagihindutse uno mwaka cyangwa uzakurikira warangira buri muturage usanzwe muri Tanzania atunze smart phone ntakiguzi aciwe ,ahubwo akazagenda yishyura mu byiciro bitewe n’uko azajya abona amafaranga.

Izo ni phone muzehe wacu yatwemereye tunga smartphone munyarwanda, ni bareke kuzitugurisha