in

Hagiye gushya! Meddy n’umugore we bateguje abafana babo ikintu gikomeye

Umuhanzi Ngabo Medard Jobbert abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yateguje abafana be ko indirimbo Queen of Sheba yakoranye n’umugore we, Mimi, igiye kujya hanze. Meddy ntabwo yavuze igihe nyakuri iyi ndirimbo izagira hanze gusa yavuze ko ishobora kujya hanze isaha n’isaha abasaba kuyitegura.

Iyi ndirimbo Queen of Sheba kandi niyo Meddy na Mimi baririmbanye mu bukwe bwabo ikaba iri mu zakunzwe n’abakurikiranye ubukwe bw’aba bombi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyarwandakazi bateye nk’ibisabo bigaruriye imitima y’abakunzi ba filime hirya no hino ku isi (Amafoto)

Arabia Saudite yaremeye abasore bose bananiwe kurongora