in

Hagaragaye amashusho yafashwe ubwo ikamyo yo mu bwoko bwa Howo yagonganga imodoka yari irimo Abadepite batatu barimo na Hon. Dr. Frank Habineza – VIDEWO

Ku mugoroba tariki 14 Ugushyingo 2023 i Gahanga mu Karere ka Kicukiro, nibwo ikamyo yo mu bwoko bwa Howo yagonze imodoka yari irimo Abadepite batatu.

Aba uko ari batatu ni Hon. Dr. Frank Habineza, Hon. Germaine Mukabalisa na Hon. Annoncé Manirarora, aba ba depite bakaba berekezaga mu Karere ka Bugesera, ku bw’amahirwe ntihagira uhasiga ubuzima.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yaberetse byose bifuza ntacyo abahishe: Miss Kayumba Darina wahogoje abasore yaberetse ibyo bamukundira -AMASHUSHO

Kera kabaye umuherwekazi Alliah Cool yerekanye umusore we wari utegerejwe na benshi -IFOTO