in

Habaye impanuka ikomeye cyane aho imodoka y’igikamyo yakandagiye imodoka y’umuturage iyigira ubushingwe – Amafoto

Habaye impanuka ikomeye cyane aho imodoka y’igikamyo yakandagiye imodoka y’umuturage iyigira ubushingwe.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 10 Ugushyingo, mu gace ka Abule Egba mu mugi wa  Lagos ho muri Nigeria habereye impanuka ikomeye aho imodoka y’igikamyo yakandagiye imodoka y’umuturage.

Nkuko byatangajwe na LASTMA ikigo gishinzwe urujya n’uruza rw’imodoka muri Logos, cyatangaje iyi mpanuka yatewe n’umuvuduko mwinshi izi modoka zombi zari ziri kugenderaho.

Kugeza ubu ntiharamenyekana niba hari umuntu waguye muri iyi mpanuka. gusa biravugwa ko abari bari mu modoka yakandagiwe bangiritse cyane.

Amafoto.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kurekurwa, Umubyinnyi Titi Brown ahise agenera ubutumwa abakunzi be

Kigali: Umwana wakoze impanuka akaba arembeye mu bitaro bya Muhima arashakisha umuryango we (VIDEWO)