in

Gukira si ikintu: Umuhanzi Burna Boy yiyemeje kwishyura abanyamakuru kugira ngo bafunge iminwa yabo

Gukira si ikintu: Umuhanzi Burna Boy yiyemeje kwishyura abanyamakuru kugira ngo bafunge iminwa yabo.

Umuhanzi ukunzwe cyane ku Isi Burna Boy yihenuye ku banyamakuru bose bo mu gihugu avukamo cya Nigeria yiyemeza kubishyura amafaranga yose bumva bashaka ariko bakamukura mukanwa kabo, uyu muhanzi ibi yabitangarije ku rubuga rwe rwa X aho yasabye abanyamakuru bose gukora inama ubundi bakamubwira amafaranga bifuza nawe ntazongere kumva bamuvugaho ukundi.

Aya magambo yatangajwe na Burna Boy benshi bagiye bayafata nko kwihenura ku itangazamakuru kandi ariryo ryatumye uyu muhanzi aba ikimenya bose.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu Youssef Rhab na mugenzi we bakinana muri Rayon Sports bicariye intebe ishyushye

Rusizi: Abasore badukanye umuco utari usanzwe mu banyarwanda