in ,

Guhuza impano bafite byatumye uru rubyiruko rusohora filimi injyendanye n’ibihe tugezemo :( +video)

???????????????????????????

Iyi ni company the falcon inc. y’urubyiruko rufite impano zitanduka , kugeza ubu izo mpano zabo zibabeshejeho , uru rubyiruko ni Rwanda rwejo mu binjyanye n’imyidagaduro bitewe n’ibikorwa ubu bagezeho . ubwabo bigirira ikizere y’uko gukina filimi ari umwunga bikaba n’impano yabo kandi bashaka kubigeza ku rwego rushimishije

RWASIBO John na MUGABO Johson bahagarariye company THE FALCON INC.
RWASIBO John na MUGABO Johson bahagarariye company THE FALCON INC.

Uru rubyiruko rwatagije iyi company mu mwaka wa 2014 bakaba baratagije iyi company ari abanyeshuri mu mashuri yisumbuye bamwe mu batagije iyi company aribo RWASIBO John na MUGABO Johson badutangarije ko kuba ubu bamaze gusohora filimi iri mu bwoko twakwita ama serie ntibivuze ko n’ubundi bwoko bw’amafilimi batazabukora  .Bakomeje badutangarizako mu Rwanda hari aho bataragera mu binjyanye no gukina filimi kandi bo bifuza kugeza abanyarwanda ku rwego rwo gufata filimi nyarwanda ku rwego mpuzamahanda ikindi muri iyiminsi bakaba bagiye kumurika iyi filimi ndetse banayishyire ku isoko.

the broken sample 2
iyi ni filimi THE BROKEN

Iyi filimi yitwa THE BROKEN yerekana ubuzima tubamo bwa buri munsi cyane cyane  iyi filimi ikibanda k’urukundo, iyi filimi yerekana urukundo rw’abanyeshuri uburyo babayeho ndetse n’urukundo rwabo yewe muri iyi filimi berekana ibibazo bikunze kugaragara hagati yabakundana.

Mu bakinnyi bakinnye iyi filimi harimo n’uruhinja rw’amezi atandatu naho umukuru  mu myaka ugaragara muri iyi filimi afite imyaka 35 y’amavuko.

ibinjyanye n’imitunganyirize y’iyi filimi iri ku rwego umuntu wese yakwibaza ibyuma byafashe amashusho ndetse n’abayitunganyije ikindi iyi filimi THE BROKEN  yakozwe n’urubyiruko rw’abanyarwanda kandi ikinwa n’abanyarwanda ubu iyi compant THE FALCON INC iri mu gikorwa cyo kumurika iyi filimi kumugaragararo

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abahanzi bati “kuririmba mu Rwanda ntibyigeze biba impano “:SOMA INKURU

Batwise abatinganyi, badushyigira abagore tutazi, ndetse banatunkwesheje inzoga n’urumogi aya ni amagambo umuhanzi KITOKO ubwe yivugira :(+VIDEO)