in

Gigi Kety uri mu banyamakuru b’igitsinagore bafite ubwiza buhebuje hano mu Rwanda, yakoze ubukwe n’umukunzi we (Amafoto)

Umunyamakuru wa Isibo TV, Mahoro Ketia uzwi nka Gigi Kety, yaraye akoze ubukwe n’umukunzi we Fred Karuganda.

Ejo ku cyumweru tariki 29 Nyakanga 2023, nibwo habaye umuhango wo gusaba no gukwa n’aho ku wa 4 Kanama hazaba indi mihango y’ubukwe, irimo no gusezerana imbere y’Imana.

Kety azwi cyane mu kiganiro ‘Chapa Chapa Show’ cya Isibo Tv. Ndetse kandi asanzwe ari rwiyemezamirimo washinze inzu y’imideli yise ‘Blance Boutique’.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza wa APR FC Thiery Froger nyuma yo kubura umukino wa gishuti n’ikipe yo hanze ubuyobozi bwateguye umukino wa gishuti na mucyeba kugirango bamusuzume

Bazi icyabazanye! Kapiteni wa Rayon Sport yagize icyo atangaza ku bakinnyi baraye bakoreye amakosa mu kibuga bigatuma batsindwa