in

“Genda wa mubyeyi we uri mwiza” Shaddyboo yashyize hanze ifoto yatunguye benshi bitewe n’ubwiza bwe atiteye ibirungu ndetse yambaye nk’ababyeyi

“Genda wa mubyeyi we uri mwiza” Shaddyboo yashyize hanze ifoto yatunguye benshi bitewe n’ubwiza bwe atiteye ibirungu ndetse yambaye nk’ababyeyi.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze Shaddyboo yasangije ifoto idasanzwe yambaye ikanzu ndende ndetse atiteye bimwe byiterwa n’abagore bashaka ubwiza.

Ku rukuta rwe rwa twitter yashyizeho iyi foto ubundi abwira abantu ati ” uzuza uyu mugani ‘ urwo mbakunda…….’ “. Abantu benshi bagiye bawuzuza uko babitekereza. Ndetse ntiwatinya kuvuga ko iyi foto iri ku isonga mu mafoto yose yaba yarasangije.

Dore uko bawujuje.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Niduhura nzagufata kungufu aho tuzahurira hose nzagufata kungufu” Shaddy Boo yikoreye ishyano bituma bamwe mu bakunzi be batangira guhigira kumufata kungufu kubera ibintu yaberetse bikabateza ubushagarira -IFOTO

Noneho Kigali Arena izaturika! Hamenyekanye abandi bahanzi barenze abambere bari hafi kuza i Kigali gutaramira abanyarwanda