in

Ezee Darling wamenyekanye mu mashusho y’indirimbo ‘Please Me’ ya Juno Kizigenza nawe yashyize hanze indirimbo ye bwite – VIDEWO 

Kayugi Eunice Musabe uzwi nka Ezee Darling yashyize hanze indirimbo yise ‘‘Lil Bish’’ iri mu njyana ya trap music.

Uyu mukobwa yaciye igikuba ubwo yagaragaraga mu mashusho y’indirimbo ‘Please me’ ya Juno Kizigenza amashusho aho agaragaramo yambaye ikariso yo mu bwoko bwa ‘G-string’.

Uretse kugaragara mu mashusho y’indirimbo ya Juno, kandi Ezy yagaragaye mu mushusho y’indirimbo zirimo “Umubiri” ya Dj Virus yakoranye na Caone na Amalon, “Tricky” ya Logan Joe na “Kantona” ya DJ Pyfo, Kenny K-Shot.

Reba aho hasi amashusho y’indirimbo ya Ezee Darling:

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imibare ye irivugira! Rutahizamu Onana wa Rayon Sports asoje shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda 2022-2023 ariwe uyoboye abandi

Bwa mbere Miss Mwiseneza Josiane yerekanye abavandimwe be – AMAFOTO