in

Ephraim Kayiranga yasezeye kuri Flash Fm yamugize uwo ari we, yerekana amarangamutima ye mu buryo abantu batari biteze

Umunyamakuru ukunzwe mu mukino wasezeye Radiyo yakoreye imyaka irenga 7 akajya kurya ku ifaranga rya KNC, yagaragaje amarangamutima atewe no kuba atandukanye na Radiyo yamureze.

Ephraim Kayiranga yasezeye kuri Flash Fm yamugize uwo ari we, yerekana amarangamutima ye mu buryo abantu batari biteze.

Umunyamakuru Ephraim Kayiranga wasezeye kuri Flash Fm akerekeza kuri Radio 1 ya KNC, yagaragaje amarangamutima ye ubwo yasezeraga kuri Flash Fm.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa Twitter, Ephraim yagize ati: “Byari byiza gukora muri Flash mu gihe cy’imyaka 7 n’amezi 3, ni Radiyo yangize uwo ndi we mu buryo bwose. Nzahora nishimira kuba narakoranye na buri wese wakoranye.”

Asoza ashimira Louis nyiri Flash Fm, ati: “Thx MZEI KAMANZI LOUIS.”

Ephraim Kayiranga yamaze gusinyira Radio 1 iyoborwa na Kakooza Nkuriza Charles wamenyekanye nka KNC.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi wagaragaye mu gitaramo cya The Ben i Bujumbura, yabaye igitaramo nyuma y’amagambo yanditse ku ibere rye atuma ntawagira icyo avuga ku bintu bitari byiza akora

Uyu niwe mukinnyi Amavubi yabuze! Imikinire ya Dogiteri Nsabi mu buzima busanzwe atari gukina comedy ikomeje gutuma benshi bavuga ko ariwe mukunnyi uzajyana u Rwanda mu gikombe k’isi