in

Dr Kanimba uri mu bashinze ibitaro bikomeye mu Rwanda aratabarizwa nyuma yo kumara imyaka irenga ibiri ari mu buriri kubera uburwayi (VIDEWO)

Dr Kanimba Vicente wari inzobere mu kubyaza abagore mu Rwanda, ari gutabarizwa nyuma yo kumara imyaka irenga ibiri ari mu buriri.

Uyu muganga wabyaje ababyeyi benshi mu Rwanda, yafashwe n’uburwayi ubwo yari avuye gushyingura Nyina muri 2020.

Yafashwe atitira ndetse ntabashe no kugenda kugeza na nubu niko bikimeze gusa afata imiti ibigabanya, iyo miti afata ikaba ihagaze amafaranga arenga miliyoni 2 z’amanyarwanda buri kwezi.

Uyu muganga yagiye yivuza mu bitaro byinshi butandukanye ndetse no hanze yarahageze ariko ntabwo yigeze akira.

Mu kiganiro yagiranye na ISIMBI TV, yavuze ko kugira ngo akire neza hakenewe $107,000 akabakaba miliyoni 110 z’amanyarwanda.

Kuri ubu ari gusaba ubufasha, wifuza kumufasha, waca kuri iyi nimero +250788511076.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bararyoherana! Menya ibanga rituma abakobwa bazinukwa abasore bagakora imibonano mpuzabitsina na bagenzi babo

Dore impamvu nyamukuru itera abagore cyangwa abakobwa konka igitsina cy’umugabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina