in

Dore ibizakwereka ko umukunzi wawe aryoshya gutera akabariro

Nubwo gutera akabariro ari kimwe, bitandukanira kuwo baterana akabariro ndetse nuko igikorwa kigenda, hano hari ibimenyetso by’umukobwa uryoshya akabariro;

1. AZI GUSOMANA CYANE: Niba umukunzi wawe azi gusomana cyane, menya ko afite n’ubushobozi bwo kuba yaryoshya akabariro.

 

2. AFITE UBUHANGA MU KUGANIRA: Umukobwa uzi kuganira ku buryo bunyuze, uwo mukobwa aba azi no gusomana neza kuko aba azi kuganira cyane. Ntabwo yifata arirekura cyane.

 

3. ITEKA ABA ASHAKA KUMENYA IBINTU BISHYA:

Mu magambo ye cyangwa mu bikorwa bye ujya ubona ashaka kugerageza utuntu dushya. Mwaba muri kumwe cyangwa mutari kumwe, uyu mukobwa uzabona ko ashaka kwiga cyane. Niba ubona akunda kwiga no kumenya ibintu bishya menya ko azi neza uko batera akabariro, yarabyize cyane.

 

4. AKORA IMYITOZO NGORORA MUBIRI CYANE:

Akenshi umukobwa ukora imyitozo aba azi no kwitwara neza mu buriri kuko akunda kwiyitaho cyane.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Iradukunda Liliane mu baryohereje Miss Meghan Nimwiza ukwezi wa Gicurasi (Amafoto)

Haragwa umuntu : Rayon sport fc yazanye intwaro ikomeye kuva muri Nigeria