in

Dore abanyarwanda bagiye kuzamura ibendera ry’u Rwanda mu nganda zirenze ku isi mu mideri

Kumurika imideri ntibikiri ibyo mu mahanga gusa kuko abanyamahanga basigaye baza gushaka abamurika ibikorwa byabo hano mu Rwanda. Uyu mwaka hari abitezweho guhesha ishema u Rwanda mu mahanga.

Umwaka ushize wa 2022 wabaye umwakaa w’igitangaza ku ruganda rw’imideli mu Rwanda kuko abayimurika bigaragaje mu birori by’imideli bikomeye nka Paris Fashion Week, Milan Fashion Week, London Fashion Week n’ibindi.

Si ukuba baritabiriye Kandi ibi birori gusa, kuko bamwe mu banyamideri bo mu Rwanda babashije kubengukwa na zimwe muri kompani z’imideri zikomeye ku isi nka Gucci, Dior, Chanel, Versace n’izindi.

Uyu mwaka rero biteganyijwe ko aba banyamideri bazakomeza kwagura imipaka yo kumurika imideri ku isi hose Kandi bakazazamura ibendera ry’uRwanda mu mahanga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

‘Isi yange’ Pamela yimuye abandi bantu batuye isi ayigira iye na The Ben -VIDEWO

Imbamutima za Ten Hag kuhazaza ha Marcus Rashford uri kunuganugwa mu makipe y’abajejeta faranga bo mu barabu