in

Dj Dizzo wahawe igihe gito cyo kubaho kubera cancer arashimira abahanzi bakomeye mu Rwanda

Umusore w’umunyarwanda wamenyekanye nyuma y’uko ahuye n’ikibazo cy’uburwayi bwa cancer aribwo benshi mu banyarwanda bakozwe ku mutima n’ubuzima bwe.

Dizzo wahuye n’uburwayi bwa cancer ikaza gufata umubiri wose kugeza naho abaganga bamuhaye igihe cyo kubaho kubera ko cancer yagiye ifata ibindi bice by’umubiri nkuko abitangaza.

Mu kiganiro yashimiye abahanzi barimo the ben , Meddy, Davis d n’abandi bagiye bitanga kugirango abashe kugaruka mu Rwanda , nkuko yabyifuje ndetse akaba afite icyizere ko Imana izakora ibyananiye umwana w’umuntu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: umuhanzi Harmonize yambitse impeta uwahoze ari umukunzi we nyuma yo gusubirana (Video)

Gasabo : umugabo yasanze umugore we mu nzu y’umusore ahita ayitwika