in

Dj Dizzo mu gahinda kenshi asubije abavuga ko adapfa

Mutambuka Derrick wamenyekanye kubera inkuru yari afite iteye agahinda ubwo yapimwe agasanganwa kanseri yamurenze bikavugwa ko asigaje iminsi 90 ingana n’amaze atatu ubu arashimira Imana ko ikimurinze n’ubwo umubiri udasiba ku murya.

Dj Dizzo mu kiganiro kirekire yagiranye na Yago yavuze ko kuri ubu ahora yiteguye ko isaha n’isaha ya kwitaba Imana yagize ati:” ngewe nkiri mu Bwongereza abaganga bamubwiye ko nsigajeiminsi Mike kandi ko ntacyo nabikoraho gusa ubu kuri wa byo ntago byahagaze ariko ndacyariho kuko mfite imiti nywa buri masaha 4.”

Yakomeje agira ati:” nk’muntu wamfashije aziko ngiye gupfa akabona ndimo kugenda  aravuga ati Ese Kuki wowe udapfa gusa ngewe nziko ibyo Imana ariyo ibigena kuko ubu ku gihe nahawe ndengejeho amezi, 5 rero ngewe mpora niteguye urupfu. ”

Mu magambo yavuze ateye agahinda yavuze ko a bifuza ko apfa nubundi niyo maherezo kuko uwaba yaramufashije ntago yakoze ubusa kuko ayo mafaranga niyo yifashishaga agura imiti imufasha kugabanya uburibwe bukabije anyuzamo.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
4 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Du mona
Du mona
1 year ago

Subu Koko Aho kwishimira ko Imana ikimurinze,baba bifuza ko apfa! Hari abashobora kumutanga gupfa rero! Gusa,Imana ishimwe kuba agihumeka,nakomere ashobora kumara n’umwaka urenze umwe!

Jeanne Shillinglaw
Jeanne Shillinglaw
1 year ago

Mu mubwire ko Cancer Imana iyikiza, ahumure Yesu aracyakora. Atege amatwi kanguka.com ya Samedi aho Chris Ndikumana asengera abarwayi bagakira indwara zananiranye. Kandi rwose mumumpere iyi message. Kuko amezi 5 arengejeho afite icyavuze. Yumve kanguka.com arakira rwose niyizera.

Ange
Ange
1 year ago

Mana, Dizzo mpora nguhangayikiiiye nubwo ntakuzi ntinya no kubaza amakuru yawe kugirango hatagira umbwira ko utakiriho. Icyaaaaaaaaampa Imana ikagukiza ibikurikira ninjye ubizi jya usengana na Kanguka nizeye ko Imana izakora ibirutaho
Baho Ramba Ramba turagusengera

Fildaus
Fildaus
1 year ago

yooo be patients bro Imana irahari kdi ntiyakwibagiwe umubiri urababaza. Cyane ihangane ureke kwita kubantu utekereze kumana gusa kdi kubw’impuhwe itugirira wasanga. Haricyo igukoreye be strong

Umutoza wanyuze muri ekipe ya Mukura Vs yagizwe umutoza mukuru w’ikipe ikomeye muri Costa Rica

Umunyarwenya Pattyno yarangije amashuri ye ya Kaminuza