in

Dj brianne yatanze inama kubabyeyi

Mugihe imyitwarire y’urubyiruko ikomeje kugenda itavungwaho rumwe cyane cyane mu babyeyi badahwema kwerekana ko batewe impungenge n’imyitwarire y’abana babo harabakomeje kubona ko iyo myitwarire itarimyiza hari n’ababyeyi bayigiramo uruhare.

Umwe murabo babonako imyitwarire y’urubyiruko igenda iterwa n’uburyo urubyiruko rwitabwaho mungo.

Harimo dj brianne watangaje ko kubwe abona ibibazo by’inshi urubyiruko ruteza harimo no kuba ababyeyi bamwe barutererana abandi nabo ntibaruganirize uko bikwiye.

Dj brianne yagize ati”harigihe usanga ababyeyi bihutira kujya mu buyobozi nyamara ibibazo abana babo bafite nabo ubwabo babifitemo uruhare nge numva bajya babanza bakicara mu muryango bakaganiriza abana babo”

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje! Dore inyamaswa zibaho imyaka irenga amagana.

Umukinnyi wa filime nyarwanda mu gahinda gakomeye