in ,

Derek Sano yatangaje ko yabonye undi mukunzi mushya ushobora kuzamwibagiza amarira yatewe na Sandra Teta (inkuru irambuye)

Derek Sano, umwe mu basore batatu bagize itsinda rya ACTIVE yatangaje ko yabonye undi mukunzi mushya. Ni nyuma yuko hacicikanye amakuru ko yamaze gutandukana na Miss Sandra Teta bari bamaranye imyaka isaga ibiri bakundana.

Sandra na Derek

Nkuko Derek Sano yabitangarije touchrwanda dukesha aya makuru agira ati “Urukundo rwanjye na Teta Sandara ni amateka, abantu bagishimangira ko dukundana sinzi aho babivana, gusa Teta ntago ari umwanzi wanjye pe, ari mu nshuti zanjye zisanzwe”. Ibi bigaragaza neza ko Derek Sano na Sandra Teta batakiri mu rukundo ahubwo ko basigaye ari inshuti bisanzwe.

Image result for sandra na derek
urukundo wa Derek na Sandra rwatangiye kuvugwa mu mwaka wa 2014

Nkuko Derek Sano yakomeje abitangariza touchrwanda, yavuze ko afite umukunzi mushya gusa yirinze guhita atangaza amazina ye ahubwo yavuzeko azamutangaza yamushyize mu mago gusa yongeyeho ko atazi igihe ariko avuga ko ateganya kuzamwerekana yamushyize mu mago.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akumiro: iyumvire ibyo umugore yakoreye umubiri we imbere y’umwana we w’umukobwa nyuma yo gushinjwa kwica umukunzi we

Nyuma y’amezi 2 gusa Ernesto Valverde umutoza wa FC Barcelone yinjiye mu mateka