in

Davido agiye gutanga amafaranga arenga miliyoni 250 frws ngo afashe imfubyi

Umuhanzi Davido yatangaje ko we na ‘foundation’ ye bemeye gutanga million 300 z’ama-Naira(izirenga 250 mu manyarwanda).

Aya ni amafaranga uyu muhanzi agiye gutanga ngo afashe abana b’imfubyi bari hirya no hino muri Nigeria.

Uyu mugabo usanzwe atanga amafaranga kuri leta buri mwaka yo gufasha mu bikorwa bigiye bitandukanye, yavuze ko aya mafaranga azatangwa ku munsi w’ejo.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Ikamyo nini yari igeze ku Muhima, yakoze impanuka ikomeye aho yacitse feri maze igonga inzu – AMAFOTO

Gutsinda Africa y’Epfo bikomeje gutuma CAF ishyira Amavubi mu makipe y’ibikomerezwa muri Africa! Ikipe y’igihugu Amavubi yashyizwe mu makipe atazakina amajonjora y’ibanze yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2025