in

Cyore: Umugore umaze icyumweru kimwe ashyingiwe yasabye gatanya bitewe n’ubunini bw’ubugabo bw’umugabo we bwamuteye ubwoba||umva inama nyina yamuhaye.

Uyu mugore umaze icyumweru kimwe ashyingiwe yavuze ko byamunaniye kwihanganira ubunini bw’igitsina cy’umugabo we kimubabaza ,avuga ko yifuza gatanya.Gusa nyina umubyara akomeza kumuhumuriza avuga ko azagenda abimenyera.

Uyu mubyeyi Aisha, ubusanwze avuga ko yari asanzwe amenyereye imibonano mpuzabitsina kuko atari ubwa mbere yari ashatse umugabo. Uyu mubyeyi w’abana batatu, yabwiye urukiko rwo muri Ghana ku wa mbere ko akunze guhura n’abagabo bafite igitsina kinini ibituma asenya ingo aba atangiye.

Uyu mugore avuga ko ashakana n’umugabo bari kumwe bari bararyamanye ariko akumva azamenyera igitsina cye. Yagize Ati: “Nyuma y’iminsi ibiri ubwo yaje kunsura, twongeye kuryamana, ariko uburambe mu gukora imibonano mpuzabitsina bwari bwinshi cyane, byakomeje kungora ni bwo nahise menya ko ntashobora gukomeza kubana nawe kubera ubunini bw’igitsina cye”.

Umubyeyi w’uyu mugore amubwira ko agomba kwihangana, ko ari ko zubakwa kandi ko azatinda akamenyera. Iyo akoze imobonano n’umugabo yashatse, Aisha avuga ko bimuviramo ingaruka zirimo kwivuza ariko uburibwe bugakomeza kubaho.

Icyakora, umugabo we yemeye ibyo umugore we avuga ndetse akomeje gusaba ko bahabwa gatanya nyuma yicyumweru kimwe bashakanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mwana w’umuhungu bavugaga ko atwite ibimubayeho ni igitangaza||ibyishimo biramurenze.

Ku bari mu rukundo:Menya ibimenyetso SIMUSIGA byakwereka ko urukundo rwawe n’umukunzi wawe rutajegajega.